growordiecoverkinyarwandafront

 

Igice cya 10 : Kubohoka


Mariko 4 ko ubwami bw’Imana bugendera kuri iri hame, avuga ko ibi ari ubwiru bw’Imana. Ubwiru ni iki ? Ubwo bugingo bukomezwa n’ijambo ry’Imana ryashyizwe mu mitima y’umuntu. Igikorwa cyo gukura kigafata umwanya mbere yo gukura habanza umubabaro. Umubabaro uturuka kuri satanu agerageza kwiba ijambo igihe utegereje « Imana ngo igarukane » imbuto yavuze ko dukeneye guhinduka abantu b’ijambo bigenga byongeye bafite ubwigenge busesuye n’ubw’isi yigenga. Inzira yo guhamya Imana ni uguhamya imbaraga z’ikirenga z’ijambo ry’Imana. Ntitujya twifuza kugira ubushobozi bwo guha  icyerekezo ubuzima, nk’uko twifuza cyane kuyobora ijambo ry’Imana. Indi nzira yo kubishyiraho ni ; ukwihana (bivuga kuva vmu byo wari wiringiye, bihamanye no mu kwihamya n’imigenzereze y’isi kuko ubwami bw’Imana (busobanura imigenzereze y’Imana mu mutima wawe nyuma rigakura rikabyara buri kintu mu sbuzima no kubaha Imana, kwera imbuto z’icyubahiro cy’Imana ubu wabigeraho.

Emera ubuntu bw’Imana buyobore ubugingo bwawe « Ahubwo mubanze mushake ubuntu bw’Imana no gukiranuka kwayo niho ibindi byose muzabyongererwa » (Matayo 6 :33 ). Ibyakozwe n’intumwa 26 :18, iyo twihannye cyangwa tugahindukira tuba twikuyeho imbaraga za satani noneho tukishyira munsi y’imbaraga z’Imana. Hari ubwoko butatu bw’imbuto, bumwe bwa buri kinu, dukenera n’ubwa buri kintu Imana ikenera

5.     Imbuto z’umwuka wera : Imbere mu mbuto, iyi ni imimerere yo kubaha Imana, izi ni imbuto zituma usa na Yesu soma Abagaratiya 5:22-23 « Ariko rero imbuto z’umwuka wera ni urukundo n’ibyishimo n’amahoro, no kwihangana no kugira neza, n’ingeso nziza no gukiranuka no kugwa neza no kwirinda, ibimeze bityo nta mategeko abihana »

6.     Imbuto zo mu mibereho yacu, zikubiye abo tubana nabo, imiryango, ubuzima, umubiri, umutungo n’ibindi. Ibyo rero bijyana n’ibisomeka mu 3 Yohani 1 :2 ugira ati « Ukundwa ndagusabira kugira ngo ugubwe neza muri byose, ube mutaraga nk’uko umutima wawe uguwe neza. » Nabonye ko  byinhi bimwe mu byifuzo byagezweho  mu gihe runaka uko imyifatire yanjye yahindukaga Imana yita ku kintu kiyireba, soma Abakorinto 9 :7. Wigeze uba umusirikari ukitunga ? Ninde utera uruzabibu ntarye imbuto zarwo ? Cyangwa se ni uragira ishyo ntarikame ? Yohani 4 :36 hatubwira ngo « Umusaruzi ahabwe ibihembo, ateranirize imyaka ubugingo buhoraho ngo umubibyi n’umusaruzi banezeranwe. »

7.      

Ubuhamya  bw`umunt umwe

Habayeho igihe Mu buzima cyacu, bwahise mu 1983, igihe ibyo twinjizaga bitari bihagije ngo bihure n’ibyo twakenerag. Ndi njyenyine n’Imana muri Parike ahantu ho mu cyaro, ngenda nsitara ku bitare, nyibwira ikibazo cyanjye. Iravuga iti « Larry, 2 Abakorinto 9 :8, kandi rero Imana ishobora kubasazaho ubuntu bwose, kugira ngo murusheho gukora ibyiza byose mufite ibibahagije. Kandi mbwira budget yawe uko ingana. Nuko mbira Imana bike by’ibyo nari nkeneye kugira ngo nite ku muryango wanjye bitarenze amezi atatu amafaranga twakoreraga mu rugo yari yiyongereye nyine kubyo nari nabwiywe Imana nkeneye ! Ubwo rero ntekereje ku buzima bwanjye bw’icyo gihe, nemeza ko kubw’imyaka tatambutse  kuri iki gihe natanze igitambo ndetse umubare w’amafaranga atubutse avuye ku cyifuzo cyari kiremereye.

Imbuto z’intumwa :    “Imbuto kubera abandi cyangwa Itorero”, “ibyo nibyo byubahisha Data, nuko mwera imbuto nyinshi, mukaba abigishwa banjye” (Yohani 15:8). Imirimo yacu ku Mana ntizabarwa cyane, gusa ni imbuto na none bitari imirimo y’amaboko yacu. Imbuto yose igira urubuto mo imbere kugira ngo ruzongere kwibaruka. Itangiriro 1 :11 Imana iravuga iti « Ubutaka bumeze ibyatsi n’ibimera byose byerere imbuto ku butaka zirimo utubuto twabyo, igiti cyose kere imbuto zikwiriye ubwoko bwacyo » igihe imbuto y’imbere ikurira muri twe, iragarika imbuto hanze zibyarira hanze imbuto, cyangwa Itorero ku bandi.

Ubuhamya bw`undi muntu

Mu by’ukuri sinari narigeze mpanga kugira umuryango w’ivugabutumwa nka ISOB. Nari mfite mu mutima gukorera Imana, uko byari kumera kose mu 1995, Imana imwira mu buryo bubiri Zaburi (68 :11) havuga ngo « Umwami Imana yatanze itegeko, abagore bamamaza inkuru baba benshi » (Zaburi 68 :11) « imbwira niba nandika kandi nkamamaza ijambo ry’Imana ko ibibona kuruta abantu benshi barivuga cyangwa  baryamamaza. Na none imbwira muri Mariko, aho ivuga inkuru y’umugore wamennye umukondo w’amavuta akayasuka kuri Yesu. Imana irambwira iti « Larry, mbese uzafata umutungo wawe uwunsukeho ko aribyo koko bimpumuriza neza ? »

Ayo magambo cyangwa schéma aturuka ku Mana ampindukira imbuto zibibwe mu mutima wanye, kandi ubu zirimo kwera imbuto zazo ubu ! Ikintu gishimishije ubu nuko, izo mbuto zikomeje kwikuba  na mburi gice cy’imbuto, gitera imbuto gukura mu buryo bw’ubwibumbe ! Mu by’ukuri narakoze niyuka akuya, mu kumvura gusa  ibyo nari numvise Imana ibwira umutima wanjye. Ngerageza kwibuza imigambi yanjye. Ni gute cyangwa ijambo ry’Imana bikora ? Mariko 4 :1-21 hatubwira umugani w’umubibyi

Ubwami nyakuri bukora kuri ubu bwiru : Arabasubiza ati  « Mwebweho mwahawe kumenya ubwiru bw’ubwami bw’Imana, ariko abo hanze babibwirirwa mu migani, arabasubiza ati ko mutazi iby’uwo mugani indi migani yose muzayimenya mute ? (Mariko 4 :11).

Muri uyu mugani Yesu yaduhaye uburyo bworoshye bwo gukoresha tugenda mu bwami bwe bwera imbuto no kumunezeza. Soma Mariko 4 :1-21, Mariko 4 :11 Arabasubiza ati  « Mwebweho mwahawe kumenya ubwiru bw’ubwami bw’Imana. » Mariko 4 :  14 havuga ngo «Umubibyi ni ubiba ijambo ry’Imana. », iyabibwe ntiguma ityo, ahubwo isa n’akabuto ka sinapi. Mariko 4 :30-32, Kandi aravuga ati «  Mbese ubwami bw’Imana twabugereranya n’iki cyangwa twabusobanuza  iki ?, bwagereranwa n’akabuto ka sinapi, kuko iyo gatewe mu butaka, nubwo ari gato hanyuma y’imbuto zose zo mu isi, karakura kakaba igiti kinini kitaruta imboga zose, kikaba amashami, maze inyoni zo mu kirere zikarika ibyari mu gicu cyabyo. » akabuto ka sinapi kazwi ari akabuto gato cyane, izindi mbuto zose z’imboga zikurira mu bihingwa, ariko sinapi ikurira mu biti ! Ntibimenyerewe kugira ikintu kidasobanutse kikabyara, kitabyara kikaba kinini, bihabanye n’imiterere y’icyatsi gikura kikaba igiti. Imbuto babiba z’ijambo ry’Imana n’ubwami bw’Imana, ntibisa bityo cyane, ariko byazaguteganyiriza ibyifuzo byawe nk’uko akabuto ka sinapi kameza n’inyoni zaza kwarikamo soma

(Ruka 17 :5 ) bivuga ku kwizera bigereranwa n’akabuto ka sinapi. Buri wese agmba guhitamo imwe muri izi nzira kugira ngo  abeho

y’Imana mu mutima wawe nyuma rigakura rikabyara buri kintu mu sbuzima no kubaha Imana, kwera imbuto z’icyubahiro cy’Imana ubu wabigeraho.

Emera ubuntu bw’Imana buyobore ubugingo bwawe « Ahubwo mubanze mushake ubuntu bw’Imana no gukiranuka kwayo niho ibindi byose muzabyongererwa » (Matayo 6 :33 ). Ibyakozwe n’intumwa 26 :18, iyo twihannye cyangwa tugahindukira tuba twikuyeho imbaraga za satani noneho tukishyira munsi y’imbaraga z’Imana. Hari ubwoko butatu bw’imbuto, bumwe bwa buri kinu, dukenera n’ubwa buri kintu Imana ikenera

5.     Imbuto z’umwuka wera : Imbere mu mbuto, iyi ni imimerere yo kubaha Imana, izi ni imbuto zituma usa na Yesu soma Abagaratiya 5:22-23 « Ariko rero imbuto z’umwuka wera ni urukundo n’ibyishimo n’amahoro, no kwihangana no kugira neza, n’ingeso nziza no gukiranuka no kugwa neza no kwirinda, ibimeze bityo nta mategeko abihana »

6.     Imbuto zo mu mibereho yacu, zikubiye abo tubana nabo, imiryango, ubuzima, umubiri, umutungo n’ibindi. Ibyo rero bijyana n’ibisomeka mu 3 Yohani 1 :2 ugira ati « Ukundwa ndagusabira kugira ngo ugubwe neza muri byose, ube mutaraga nk’uko umutima wawe uguwe neza. » Nabonye ko  byinhi bimwe mu byifuzo byagezweho  mu gihe runaka uko imyifatire yanjye yahindukaga Imana yita ku kintu kiyireba, soma Abakorinto 9 :7. Wigeze uba umusirikari ukitunga ? Ninde utera uruzabibu ntarye imbuto zarwo ? Cyangwa se ni uragira ishyo ntarikame ? Yohani 4 :36 hatubwira ngo « Umusaruzi ahabwe ibihembo, ateranirize imyaka ubugingo buhoraho ngo umubibyi n’umusaruzi banezeranwe. »