growordiecoverkinyarwandafront

 

Igice cya 7: Kwema
Tegurwa rero ! Nabonye abantu bakurikiye Yesu rimwe mu mugezi igihe kimwe. Twahawe umugisha mu buryo bwo guhinduka dutakaza kandi dupfa kuri kamere y’isi Imana yabwira sogokuruza wacu Aburahamu  « Kandi nzaha umugisha abakwifuriza umugisha bose, kandi uzakuvuma nzamuvuma, kandi muri wowe nimo imiryango yose mu isi izaherwa umugisha.» (Itangiriro 12 :3).

Uburyo bumwe dushobora guhesha abandi umugisha ni ukwemerera Yesu muri twe akabidukorera. Ni kubw’imiterere ye agakuraho inzira imwe ashobora kubidukoreraho ni kubw’imiterere ye agakuraho kamere ya Adamu ubu busobanuro ngiye gutanga butomoye ni amahirwe yawe kwemera Imana kwemera gukora ukwera kwayo mu kuri no mu gukiranuka mu mibereho yawe. Nuko utangire guheka umusaraba wawe mu mibereho yawe. Wemere Imana yuzuye urukundo igukosere mu buryo bworoheje, urahinduka ukundi use na Yesu, ufate uruhande rw’imiterere  ye. Arakubohora uve mu mbohe ziri muri wowe, arakuzanira kwihana mu buryo butuje ikikubabaza gikurweho, imibereho yawe ntikomeza kuba isanzwe.

Cyakora iyi nzira si iyo kubaho nta mibabaro. Niba uri umunebwe niba utazigereranya ubwawe                             

Nta gukiranuka nta mu muntu uzigera ubona Imana !ndashimira Imana ko gukiranuka no kwera twahawe nk’impano. Ariko iyo ngiye muby’isano ryawe icy’ukuri no guhinduka kw’ubu kw’imiterere yawe mu gukiranuka no kwera, sindimo mvuga kuri bamwe bambara ukwere. Ubu bwoko bw’abiyeguriye Imana bagira ibisharira, naho kwe kw’umu gutanga ibyishimo. Urukundo n’imbuto zose z’umwuka wera, mukabara umuntu mushya wareme  gukiranuka no kwera bizanywe n’ukuri nk’uko Imana yabishatse  (Ephesians 4 :24)

Inzira nyabagendwa 35. Inzira nyabagendwa yo kwera  muri Yesaya igice cya 35.

« Kandi hazabaho inzira nyabagendwa, iyo nzira izitwa inzira yo kwera. Abanduye imitima ntibazayicamo, ahubwo izaba iy’abandi. Abagenzi n’aho baba ari abaswa ntibazayiyoba »

Amerika y’epfo, n’ahandi henshi hakoreshwa Internet na Jesus. Duha amamiliyoni menshi y’abatuye isi nk’uko bakorera Imana mu gukwirakwiza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo ku mpera z’isi. Mfite umunezero wo kwakira Email ziva mu Matorero no mu bakozi b’Imana bo mu isi yose. Buri munsi birasobanutse neza cyane rwose kuri njye, ko umuhamagaro w’Imana kuri twe ari uguhindura abantu abagishwa. Ikibazo rusange ni iki, inshuro imwe baba bakijijwe kandi bagahabwa ubutumwa bwiza ubu? Gukurikiza urugero Yesu yadusigiye, tugomba guhindura abantu abigishwa kandi tukagirira icyizere ku bwabo! Tugomba kubafata bakava mu myifatire barimo no kubafasha guhinduka ishusho ya Kristo, ababaturwa, abiringirwa bagirirwa icyizere, mu gihe gikwiye bazashobora kubisubiriramo abandi.

Nkuko twigira imbere togomba gufasha abigishwa kwitanga imbere y’Imana. “Uyu ni umubano w’ingirakamaro” Byongeye tukabafasha kuva mu mwifatire ya mbere, ahubwo bakitwara nk’abigishwa. Nyuma yo kwigisha “Gukura cyangwa Gupfa” muri Afurika Abapasitori bari baturutse mu bihugu umunani nziko iki gitabo kirimo inyigisho ifasha benshi ijambo ry’ukuri ry’Imana. Rikurikiza itegeko n’urugero Yesu yadusigiye. Nuko mugende muhindure abantu bose bo mu mahanga yose abigishwa mu babatiza mu Izina rya Data wa twese, n’Umwana n’Umwuka wera (Matayo 28:19) uko ni ugutegura umugeni wa Kristo ubwo azaba agarutse! Ni iki cyaruta kuyobora umuntu kuri Kristo? Igihe ubona umuntu akora, ari umwigishwa  mwiza

gdkr12



Iki ni ikintu gikuru

Yihana 14:21-23 havuga ngo igihe tuzubaha ijambo rye ko azatwihishurira we ubwe cyane. Igihe twabonye Yesu, ubusabane nawe ntibuzagengwa n’ikindi kintu ahubwo azashimishwa nibyi akurikiye,Pahulo yagize gushimishwa n’ikiri muri we ubwo yavugaga mu Bafiripi 3:10, “kuigirango mu menye n’imbaraga zo kuzuka kwe no gufatanya imibabaro ye no kujya nshushanywa no gupfa kwe”.

6. Ifunguro ryera. Fata ibaburo ryera bidahinduka bibe ibanze. abantu benshi barifata buri munsi

7. Guma mu bucuti. Ni byiza kuba mu bucuti no kwizera gukomeye kwa Bibiliya, abizera buzura umwuka kgurango utekereza kandi agire umwete.



Ugomba kugendera mu rukundo, nunanirwa hungira ku mana I kweze.

Kuko itegeko ry’Umwuka w’ubugingo bwo muri Kristo Yesu bwambatuye ububata bw’itegeko ry’ibyaha n’urupfu (Abaroma 8:2).

Iyo duhindukiruye Imana tugakomeza kuba abizerwa kuri yo izakomeza iturebe neza naho twaba dufite amakosa tukananagenda nabi.

Itegereze umugezi utemba mu  gice gikomeza nawe ugire kwisubiramo nawe urebe aho ugeze nk’umuntu w’umwiringirwa

Niba hari ibyaha bitazwi byihane Abagaratiya 2:20 no mu 2 Abakorinto 5:21

Ingingo ya 2: Igikarabiro: Ijambo ry’Imana iyo umutima nama wacu utunganye kandi tugashobora kugirana ubumwe n’imana, twinjira mu ijambo ry’Imana. Ijambo ry’Imana rivugako umutambyi yapfa niba agerageje kwinjira ahera atanyuze ku gikarabiro. Nta kwegera Imana nta kubanza kwitunganya n’ijambo ry’Imana (Abefeso 5: 26-27)

Igikarabiro kizadukuraho imyanda yose yo mu isi bizaba na none indorerwamo yo kuducira urubanza bizatuzanira ikintu ku bitekerezo byacu tugomba kubona gitunganye n’imana. Ijambo ry’Imana rizongera guhindura bushya ibitekerezo byacu kugirango dushobore gutekereza mu buryo  bw’umwuka ndetse duhagarare turwanye amagambo abadayimoni bavugira mu bibtekerezo byacu.

Ijambo ry’Imana ritubwira na none ka satani yaciriweho iteka (Yohani 16:11). Hamya ufite ibyiringiro avuge cyane ati waciriweho iteka ryo kujugunywa. Jya uba mu ijamo ry’Uwiteka mu mwanya uhagije.

a)     Koresha igitabo cyawe kirimo inyigisho za buri munsi
b)    Koresha inyigisho zawe wahawe na ISOB cyangwa ikindi gitabo cyawe kinyigisho
c)     Soma imigani buri munsi
d)    Soma zaburi imwe cyangwa nyinshi
e)     Soma ibindi bitabo bishingiye kuri Bibiliya, usabe Umwuka Wera agusobanurira. Soma ibyerekeye Bibiliya mu gihe cy’umwaka.
f)     Imva inyigisho imwe cyangwa indirimbo ku makaseti ari ijambo ry’Imana
Ingingo ya 3: Umwenda wa  mbere : Amashimwe

Mwinjire mu marembo ye mushima, no …………………………………………

Ubu ko wabaye mu isi uziko uri umunyauri n’Imana. Satani yaciriweho iteka ufite byinshi wakwishimira ! n’ubwo bimwe bitari iruhande rwawe ariko gerageza ushake bimwe. Yishime ko ukijijwe kandi uri umugenzi uri kujya mu ijuru.

Ni ukuri yishimire kubw’ibyo ijambo ry’Imana rivuaga. Yishimire ko ijambo ryayo rivuga ko ufite itsinzi niba uyihanze amaso. Yishimire k’ubw’amasezerano yaguhaye nubwo atarasohora. Yishimire kuko ishaka gukuraho  ibikubangamiye byose mu mibereho yawe ikabihinduramo ibintu byiza. Kuyishimira igaragaza isano ikomeye. Abana igihe cyose bagumana isana n’ababyeyi babo iyo babazirikana cyangwase  babasaba ibyo kuryo

Amerika y’epfo, n’ahandi henshi hakoreshwa Internet na Jesus. Duha amamiliyoni menshi y’abatuye isi nk’uko bakorera Imana mu gukwirakwiza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo ku mpera z’isi. Mfite umunezero wo kwakira Email ziva mu Matorero no mu bakozi b’Imana bo mu isi yose. Buri munsi birasobanutse neza cyane rwose kuri njye, ko umuhamagaro w’Imana kuri twe ari uguhindura abantu abagishwa. Ikibazo rusange ni iki, inshuro imwe baba bakijijwe kandi bagahabwa ubutumwa bwiza ubu? Gukurikiza urugero Yesu yadusigiye, tugomba guhindura abantu abigishwa kandi tukagirira icyizere ku bwabo! Tugomba kubafata bakava mu myifatire barimo no kubafasha guhinduka ishusho ya Kristo, ababaturwa, abiringirwa bagirirwa icyizere, mu gihe gikwiye bazashobora kubisubiriramo abandi.

Nkuko twigira imbere togomba gufasha abigishwa kwitanga imbere y’Imana. “Uyu ni umubano w’ingirakamaro” Byongeye tukabafasha kuva mu mwifatire ya mbere, ahubwo bakitwara nk’abigishwa. Nyuma yo kwigisha “Gukura cyangwa Gupfa” muri Afurika Abapasitori bari baturutse mu bihugu umunani nziko iki gitabo kirimo inyigisho ifasha benshi ijambo ry’ukuri ry’Imana. Rikurikiza itegeko n’urugero Yesu yadusigiye. Nuko mugende muhindure abantu bose bo mu mahanga yose abigishwa mu babatiza mu Izina rya Data wa twese, n’Umwana n’Umwuka wera (Matayo 28:19) uko ni ugutegura umugeni wa Kristo ubwo azaba agarutse! Ni iki cyaruta kuyobora umuntu kuri Kristo? Igihe ubona umuntu akora, ari umwigishwa  mwiza

gdkr13

a)     Koresha igitabo cyawe kirimo inyigisho za buri munsi
b)    Koresha inyigisho zawe wahawe na ISOB cyangwa ikindi gitabo cyawe kinyigisho
c)     Soma imigani buri munsi
d)    Soma zaburi imwe cyangwa nyinshi
e)     Soma ibindi bitabo bishingiye kuri Bibiliya, usabe Umwuka Wera agusobanurira. Soma ibyerekeye Bibiliya mu gihe cy’umwaka.
f)     Imva inyigisho imwe cyangwa indirimbo ku makaseti ari ijambo ry’Imana


Irushanwa
Ni ukuri yishimire kubw’ibyo ijambo ry’Imana rivuaga. Yishimire ko ijambo ryayo rivuga ko ufite itsinzi niba uyihanze amaso. Yishimire k’ubw’amasezerano yaguhaye nubwo atarasohora. Yishimire kuko ishaka gukuraho  ibikubangamiye byose mu mibereho yawe ikabihinduramo ibintu byiza. Kuyishimira igaragaza isano ikomeye. Abana igihe cyose bagumana isana n’ababyeyi babo iyo babazirikana cyangwase  babasaba ibyo kuryo

Umusaraba: urakoze Mwami, Yesu Kristo kuba waragiye ikuzimu kuza mu bapfuye ndetse tukazuranwa nawe, none tukaba twicaye nawe mu cyicaro cy’ijuru muri Kristo.

1.     Ikuzimu: Urakoze Mwami Yesus ko wagiye ikizimu, ukatubabarizwa murupfu

2.     Kuzuka: Urakozemwami Yesu, kuko wazutse mu bapfuye, tukazukana nawetukazabana mu Ijuru na Yesu.

3.     Kuzuzwa (gusendezwa): Urakoze, Mwami Yesu Kristo kutwuzuza umwuka wera

Ni gute Imana ishaka ko nanesha muri iyi si? Ni gute nabaho ? kuki ntagera ku ntsinzi ishimishije? Numvise bavuga iby’ubushobozi bw’Imana, ariko ahari yaba yaranyibagiwe cyangwa ikampa ubushobozi buke Yakobo 2:5 haravugwa ngo “Nimwumve bene data bakundwa mbese Imana ntiyatoranije abakene b’iby’isi ngo aribo baba abatunzi mu byo kwizera, ngo baragwe ubwami yasezeranije abayikunda? Ubusobanuro bw’ijambo umukene, umutindi ku butunzi, utewe intimba, ubuze uko agira, utubahwa, udafashwa, udashoboye kugera ku iherezo ry’ubuzima bwe, ugabanya gusabiriza, usabiriza, ujya atega ikiganza asabiriza.

Twese dukeneye iby’ukuri : Ibintu bitatu bikuru ni: urukundo, umutekano no kwitabwago muri ibi byose kurya n’ibyo kwambara abandi nabo bifuza kuba bamenya Imana, abandi bakeneye gukira indwara n’bindi…

Ibyifuzo byacu birazwi imbere y’Imana, Abafilipi 4:19 hatubwsira ibi: « Kandi Imana yanjye izabamara ubukene bwanyu bwose, nk’uko ubutunzi bw’ubwiza bwayo buri muri Kristo Yesu » Niba Imana igiye guhaza ibyo  mwifuza mu cyubahiro, ubwo rero mugiye kubona aho icyubahiro kiri,no kuhazgera, bitabaye ibyo mwaba mutegerereza Imana ahantu habi ko yiyerekana. Niba ndindiriye tagisi cyangwa gariyamoshi ihagarara rwose nta tagisi nzigera mbona. Ubwo rero ngomba kumenya ukuri ko ngomba kujya aho tagisi iri. Ni byiza dushakire ahi icyubahiro kiri, ijambo icyubahiro iyo rikoreshejwe ku Mana bishatse ukuboneka kwayo. Dushaka kwinjira mu kuboneka kwayo kandi tukumva itubwira ijambo ryayo. Ijambo ryayo rihinduka isezerano ni imbuto ibibwa mu mitima yacu nyuma yaho rizera imbuto niba tubyitayeho.

Kwera imbuto ni ibyingenzi ku Mana: ibyo nibyo byubahisha Data, nuko mwera imbuto nyinshi mukaba abagishwa banjye « Yohani 15:8 », dukeneye gukongera imbaraga tukava mu byo twakoraga tukihatira kwera imbuto.

Adamu yaremewe kwera imbuto, twe se? “Imana ibaha umugisha. Imana irababwira iti: ‘Mwororoke mugwire, mwuzure isi, mwimenyereze ibiyirimo, mutware amafi yo mu Nyanja, n’inyoni n’ibisiga byo mu kirere, n’ibintu byose bifite ubugingo byigenza ku isi” kandi Imana irababwira iti: “Dore mbahaye ibimera byose byera imbuto biri mu isi yose, n’igiti cyose gifite imbuto zirimo utubuto twacyo, bizabe ibyo kurya byanyu.” (Itangiriro 1:28-29).

Yesu yadusabye guhindura, kwihana tukava mu ntonganya kugira ngo tubone ibyo dukeneye kandi twere imbuto. Yesu ahera ubwo atangira kwigisha avuga ati: “Mwihane kuko ubwami bwo mu ijuru buri hafi” Matayo4:17.uko niko guhindukira no guhindura icyerekezo.iyo ushaka ubwami bw’Imana ufungiwe urabubona bukagukingurirwa.

Wakibaza uti ibi byaba bishatse kuvuga iki? guhindukira mva mu biki?ubwami bw’Imana niki?ntekereza ko tugomba guhindukira tukava mumingezereze yokubaho mu isi twerekeza mumigenzereze y’ubwami bw’Imana.nibwira ko ibi bituzanira kuzura kw’ubugingo bwacu.na none ngatekereza ko Yesu atabivugiye ku bantu gusa.murekeraho gucumura kandi mwihane inzira zanyu zipfuye>>oya’ Yesu yaduhaye inzira yo kubaho.

Abantu bakoresha uburyo bwose bwo mu isi n’uburyo bwo buhagije ngo bahaze ibyifuzo byabo. Ibyifuzo byacu by’ibanze ni urukundo ;umutekano n’ibyingnzi.  

Petero ntiyanditse ko amasezerano y’Imana aduteganyiriza buri kintu dukeneye mu mibereho yo kubaha Imana. Sdoma 2 Petero:3-7.

Akababaro


Igihe babona ibfyo bifuza, ntibabasha kwemera igikorwa ko isi yabagenera ibyifuzo byayo. Bagerageza gufunga umwobo biha ubuhamya bwiza biringira ko ibintu biza kuba byiza cyane. Bagatekereza ko hari ibibe biza kubabaho. Igicumuro kizabasuzugura ukuba mu Mana, satani agakuza kubeshya nabo bakajura ibyo binyoma, bashidikanya ukuri kw’ijambo ry’Imana.





Ubwo se igisubizo ni ikihe? Nu gute tubona ubwami bw’Imana duhindukiye Yesu yavuze muri Mariko 4 :11 ko ubwami bw’Imana busa n’ibiba n’isarura. Ibiba n’isarura ni iki ? Kubiba ni ugusarura ijambo ry’Imana.

Umuhinzi ku iherezo abona imbuto. Yesu avuga muri Mariko 4 ko ubwami bw’Imana bugendera kuri iri hame, avuga ko ibi ari ubwiru bw’Imana. Ubwiru ni iki ? Ubwo bugingo bukomezwa n’ijambo ry’Imana ryashyizwe mu mitima y’umuntu. Igikorwa cyo gukura kigafata umwanya mbere yo gukura habanza umubabaro. Umubabaro uturuka kuri satanu agerageza kwiba ijambo igihe utegereje « Imana ngo igarukane » imbuto yavuze ko dukeneye guhinduka abantu b’ijambo bigenga byongeye bafite ubwigenge busesuye n’ubw’isi yigenga. Inzira yo guhamya Imana ni uguhamya imbaraga z’ikirenga z’ijambo ry’Imana. Ntitujya twifuza kugira ubushobozi bwo guha  icyerekezo ubuzima, nk’uko twifuza cyane kuyobora ijambo ry’Imana. Indi nzira yo kubishyiraho ni ; ukwihana (bivuga kuva vmu byo wari wiringiye, bihamanye no mu kwihamya n’imigenzereze y’isi kuko ubwami bw’Imana (busobanura imigenzereze y’Imana mu mutima wawe nyuma rigakura rikabyara buri kintu mu sbuzima no kubaha Imana, kwera imbuto z’icyubahiro cy’Imana ubu wabigeraho.

Emera ubuntu bw’Imana buyobore ubugingo bwawe « Ahubwo mubanze mushake ubuntu bw’Imana no gukiranuka kwayo niho ibindi byose muzabyongererwa » (Matayo 6 :33 ). Ibyakozwe n’intumwa 26 :18, iyo twihannye cyangwa tugahindukira tuba twikuyeho imbaraga za satani noneho tukishyira munsi y’imbaraga z’Imana. Hari ubwoko butatu bw’imbuto, bumwe bwa buri kinu, dukenera n’ubwa buri kintu Imana ikenera

1.     Imbuto z’umwuka wera : Imbere mu mbuto, iyi ni imimerere yo kubaha Imana, izi ni imbuto zituma usa na Yesu soma Abagaratiya 5:22-23 « Ariko rero imbuto z’umwuka wera ni urukundo n’ibyishimo n’amahoro, no kwihangana no kugira neza, n’ingeso nziza no gukiranuka no kugwa neza no kwirinda, ibimeze bityo nta mategeko abihana »

2.     Imbuto zo mu mibereho yacu, zikubiye abo tubana nabo, imiryango, ubuzima, umubiri, umutungo n’ibindi. Ibyo rero bijyana n’ibisomeka mu 3 Yohani 1 :2 ugira ati « Ukundwa ndagusabira kugira ngo ugubwe neza muri byose, ube mutaraga nk’uko umutima wawe uguwe neza. » Nabonye ko  byinhi bimwe mu byifuzo byagezweho  mu gihe runaka uko imyifatire yanjye yahindukaga Imana yita ku kintu kiyireba, soma Abakorinto 9 :7. Wigeze uba umusirikari ukitunga ? Ninde utera uruzabibu ntarye imbuto zarwo ? Cyangwa se ni uragira ishyo ntarikame ? Yohani 4 :36 hatubwira ngo « Umusaruzi ahabwe ibihembo, ateranirize imyaka ubugingo buhoraho ngo umubibyi n’umusaruzi banezeranwe. »

Ubuhamya  bw`umunt umwe

Habayeho igihe Mu buzima cyacu, bwahise mu 1983, igihe ibyo twinjizaga bitari bihagije ngo bihure n’ibyo twakenerag. Ndi njyenyine n’Imana muri Parike ahantu ho mu cyaro, ngenda nsitara ku bitare, nyibwira ikibazo cyanjye. Iravuga iti « Larry, 2 Abakorinto 9 :8, kandi rero Imana ishobora kubasazaho ubuntu bwose, kugira ngo murusheho gukora ibyiza byose mufite ibibahagije. Kandi mbwira budget yawe uko ingana. Nuko mbira Imana bike by’ibyo nari nkeneye kugira ngo nite ku muryango wanjye bitarenze amezi atatu amafaranga twakoreraga mu rugo yari yiyongereye nyine kubyo nari nabwiywe Imana nkeneye ! Ubwo rero ntekereje ku buzima bwanjye bw’icyo gihe, nemeza ko kubw’imyaka tatambutse  kuri iki gihe natanze igitambo ndetse umubare w’amafaranga atubutse avuye ku cyifuzo cyari kiremereye.

 

Imbuto z’intumwa :    “Imbuto kubera abandi cyangwa Itorero”, “ibyo nibyo byubahisha Data, nuko mwera imbuto nyinshi, mukaba abigishwa banjye” (Yohani 15:8). Imirimo yacu ku Mana ntizabarwa cyane, gusa ni imbuto na none bitari imirimo y’amaboko yacu. Imbuto yose igira urubuto mo imbere kugira ngo ruzongere kwibaruka. Itangiriro 1 :11 Imana iravuga iti « Ubutaka bumeze ibyatsi n’ibimera byose byerere imbuto ku butaka zirimo utubuto twabyo, igiti cyose kere imbuto zikwiriye ubwoko bwacyo » igihe imbuto y’imbere ikurira muri twe, iragarika imbuto hanze zibyarira hanze imbuto, cyangwa Itorero ku bandi.

Ubuhamya bw`undi muntu

Mu by’ukuri sinari narigeze mpanga kugira umuryango w’ivugabutumwa nka ISOB. Nari mfite mu mutima gukorera Imana, uko byari kumera kose mu 1995, Imana imwira mu buryo bubiri Zaburi (68 :11) havuga ngo « Umwami Imana yatanze itegeko, abagore bamamaza inkuru baba benshi » (Zaburi 68 :11) « imbwira niba nandika kandi nkamamaza ijambo ry’Imana ko ibibona kuruta abantu benshi barivuga cyangwa  baryamamaza. Na none imbwira muri Mariko, aho ivuga inkuru y’umugore wamennye umukondo w’amavuta akayasuka kuri Yesu. Imana irambwira iti « Larry, mbese uzafata umutungo wawe uwunsukeho ko aribyo koko bimpumuriza neza ? »

Ayo magambo cyangwa schéma aturuka ku Mana ampindukira imbuto zibibwe mu mutima wanye, kandi ubu zirimo kwera imbuto zazo ubu ! Ikintu gishimishije ubu nuko, izo mbuto zikomeje kwikuba  na mburi gice cy’imbuto, gitera imbuto gukura mu buryo bw’ubwibumbe ! Mu by’ukuri narakoze niyuka akuya, mu kumvura gusa  ibyo nari numvise Imana ibwira umutima wanjye. Ngerageza kwibuza imigambi yanjye. Ni gute cyangwa ijambo ry’Imana bikora ? Mariko 4 :1-21 hatubwira umugani w’umubibyi

Ubwami nyakuri bukora kuri ubu bwiru : Arabasubiza ati  « Mwebweho mwahawe kumenya ubwiru bw’ubwami bw’Imana, ariko abo hanze babibwirirwa mu migani, arabasubiza ati ko mutazi iby’uwo mugani indi migani yose muzayimenya mute ? (Mariko 4 :11).

Muri uyu mugani Yesu yaduhaye uburyo bworoshye bwo gukoresha tugenda mu bwami bwe bwera imbuto no kumunezeza. Soma Mariko 4 :1-21, Mariko 4 :11 Arabasubiza ati  « Mwebweho mwahawe kumenya ubwiru bw’ubwami bw’Imana. » Mariko 4 :  14 havuga ngo «Umubibyi ni ubiba ijambo ry’Imana. », iyabibwe ntiguma ityo, ahubwo isa n’akabuto ka sinapi. Mariko 4 :30-32, Kandi aravuga ati «  Mbese ubwami bw’Imana twabugereranya n’iki cyangwa twabusobanuza  iki ?, bwagereranwa n’akabuto ka sinapi, kuko iyo gatewe mu butaka, nubwo ari gato hanyuma y’imbuto zose zo mu isi, karakura kakaba igiti kinini kitaruta imboga zose, kikaba amashami, maze inyoni zo mu kirere zikarika ibyari mu gicu cyabyo. » akabuto ka sinapi kazwi ari akabuto gato cyane, izindi mbuto zose z’imboga zikurira mu bihingwa, ariko sinapi ikurira mu biti ! Ntibimenyerewe kugira ikintu kidasobanutse  kikabyara, kitabyara kikaba kinini, bihabanye n’imiterere y’icyatsi gikura kikaba igiti. Imbuto babiba z’ijambo ry’Imana n’ubwami bw’Imana, ntibisa bityo cyane, ariko byazaguteganyiriza ibyifuzo byawe nk’uko akabuto ka sinapi kameza n’inyoni zaza kwarikamo soma

(Ruka 17 :5 ) bivuga ku kwizera bigereranwa n’akabuto ka sinapi. Buri wese agmba guhitamo imwe muri izi nzira kugira ngo  abeho

y’Imana mu mutima wawe nyuma rigakura rikabyara buri kintu mu sbuzima no kubaha Imana, kwera imbuto z’icyubahiro cy’Imana ubu wabigeraho.

Emera ubuntu bw’Imana buyobore ubugingo bwawe « Ahubwo mubanze mushake ubuntu bw’Imana no gukiranuka kwayo niho ibindi byose muzabyongererwa » (Matayo 6 :33 ). Ibyakozwe n’intumwa 26 :18, iyo twihannye cyangwa tugahindukira tuba twikuyeho imbaraga za satani noneho tukishyira munsi y’imbaraga z’Imana. Hari ubwoko butatu bw’imbuto, bumwe bwa buri kinu, dukenera n’ubwa buri kintu Imana ikenera

1.     Imbuto z’umwuka wera : Imbere mu mbuto, iyi ni imimerere yo kubaha Imana, izi ni imbuto zituma usa na Yesu soma Abagaratiya 5:22-23 « Ariko rero imbuto z’umwuka wera ni urukundo n’ibyishimo n’amahoro, no kwihangana no kugira neza, n’ingeso nziza no gukiranuka no kugwa neza no kwirinda, ibimeze bityo nta mategeko abihana »

2.     Imbuto zo mu mibereho yacu, zikubiye abo tubana nabo, imiryango, ubuzima, umubiri, umutungo n’ibindi. Ibyo rero bijyana n’ibisomeka mu 3 Yohani 1 :2 ugira ati « Ukundwa ndagusabira kugira ngo ugubwe neza muri byose, ube mutaraga nk’uko umutima wawe uguwe neza. » Nabonye ko  byinhi bimwe mu byifuzo byagezweho  mu gihe runaka uko imyifatire yanjye yahindukaga Imana yita ku kintu kiyireba, soma Abakorinto 9 :7. Wigeze uba umusirikari ukitunga ? Ninde utera uruzabibu ntarye imbuto zarwo ? Cyangwa se ni uragira ishyo ntarikame ? Yohani 4 :36 hatubwira ngo « Umusaruzi ahabwe ibihembo, ateranirize imyaka ubugingo buhoraho ngo umubibyi n’umusaruzi banezeranwe. »