growordiecoverkinyarwandafront

 

Igice cya 6: Kugenda
Ntidushobora guhagarara keretse tugenda

gdkr11

Ibyavuzwe na Watchman mu gitabo cye yise  twakita Ameza yo mu butayu”Aho noho nzajya mbonanira nawe hejuru y’intebe y’ihongerero” hagati y’abo bakembi hari ku isanduku y’ibihamya, nikonzajya nkubwirira amategeko yanjye yose ntegeka Abisirayeli.

Ni iri he pfundu ry’ubumwe n’Imana? Ni icyubahiro cyayo ku ntebe y’imbabazi n’igiciro cyayo cy’abagerumbi. Dufite guhimbaza Imana ni “Abakerubi b’icyubahiro” Ni ahantu icyubahiro cy’Imana kimenyekanishirizwa, n’urubanza rwa ku muntu rugatwikirwa, tubonera imbabazi z’Imana aho kandi aho honyine.

Imana ntishobora kuba Imana, yerekanira imbabazi zayo aho iri? Oya, ishobora kwerekanira imbabazi zayo aho icyubahiro  cyayo cyuzuye , imbabazi zirindirwa. Ntiyisubiraho biturutse ku bakerubi. Ni amaraso yamenywe yatumye habaho ubumwe by’umunyabyaha. Kubera ibyo Imana ishobora kwerekana imbabazi bidakuyeho icyubahiro cyayo, ishobora gushyiraho ubumwe n’umuntu nta kwiyanga ubwe. Muri ubu buryo amaraso ya Yesu ni ngombwa ku bucuti, budasubirwaho ni ngombwa, kandi si ibanze ry’ubucuti. Iyo ngiranye ucbumwe n’amaraso kubw’imbabazi ze zihoraho si amaraso igiciro ndebye, ahubwo kubw’icyubahiro. Umwenda wari ukingirije ahera watabutse mo kabiri ukurwaho, kubw’uwo utakiriho twese twigereye imbere y’Imana. Nk’umwana w’Imana wemerwa kwimenyereza kwinjira cyane mu bucuti bw’Imana. Ibi bikubiyemo ubucuti buhejeje mu kuboneka kwayo, ariko burenze cyane. Matayo 5 bibanda ku gihembo cy’amasengesho habayeho gusenga agasubizwa igihembo ni Imana ubwayo . ibindi bituruka ku masengesho ku buryo bworoheje ni ukubona ibyiza. Niba wigengesera ku bijyanye n’umubano wo gucengera umubano wagiranana Yesu uzabigeraho. Ariko habaho ikiguzi wariha Imana yiyereka abantu bajya imbere yayo kandi bakayubaha (Yohani 4:21) imana na none yiyereka abayishakana umwete kandi bagatungana. Tugomba kwimuka tukava mu byo tumenyereye, tukabona akanya kuba muri yo. Imana ijya iha abafite inzara n’inyota byo gukiranuka by’ukuri no kwera. Niba udasonzera ibi, saba Imana iguhe iyo nzara. Tuziko kuboneka kw’Imana kutigera kutuvaho, ariko ndavuga ibintu bimwe na bimwe bitandukanye. Ndimo kuvuga ibirebana no mu kwinjira mu cyubahiro  cyayo, gutinyika kwe n’icyubahiro cyayo itazaha undi. Ibi bitandukanye cyane no kuyikorera muyihimbaza. Ni wowe n’Imana mu gukiranuka kwayo ko gukiranuka. Ibi byo guhura ntibirimo ukwimenyekaniska mu bumuntu bwawe. Bibaye byiza byabamo, byaba kwinjiramo mu buryo bworoheje no kuganira. Ukamenyera icyubahiro cyayo ku rwego uru n’uru ko ubuzima bwawe bwahinduwe iteka.ndavuga umubatizo wo kwinjira mu mwuka wera, hagakurikira noneho impano. Ndimo mvuga ibirebana no gukiranuka kwayo byica kandi bigakongera kamere ya Adamu. Nk’uko usoma ukoresheje ijambo “Imana irahari” mba ndimo kuvuga ubwami bw’ikirenga. Iyo  umwizera azi n’ukwizera afite ko ashaka kugira ubucuti nawe, agomba kumenyera ubwo bucuti agateganya ajya imbere y’Imana mu buryo Imana yemera. Uburyo bwayo ni ubworoshye kwiyereka Yesu nk’Umukiza kandi akubaha vuba cyane ijambo ryayo. “Kuko ibyo byose ukuboko kwanjye ariko kwabiremye, bikabaho byose.” Niko Uwiteka avuga, “Ariko uwo nitayo ni umukene, udfite umutima umenetse, agahindishywa umushyitsi n’ijambo ryanjye.” (Yesaya 66:2) ikintu gikuru cy’ubugwaneza ni ukwemera kwihana no guhindukira tuva mu migenzereze yacu yakera, bidahuye n’imiterere y’Imana, iyo migenzo isa “n’imyambaro ishaje” ariko ku bakristo benshi hari ibisumbye kuri ibi biruta bishobora guhura n’ijisho. Abakristo nenshi bari “mu nzu y’imbohe” bitari ngombwa ko bayibamo , biyambuye kuba abanyakuri n’abiringirwa ubwabo n’Imana.  Ku ruhande rumwe bamenye ko hari icyo bagomba gukora birababaje muri iki gihe kuba badatekereza ko bari mu “Nzu y’imbohe”. Rimwe na rimwe umwanzi abafatirira mu miryango y’inzu y’imbohe akoresheje uburiganya ababeshya ko ari abakristo. Bamwe ntibashaka kwihanganira imibabaro ndetse banga n’uvuze agereranya iby’Imana. Ikigeretse kuri ibyo bavuga ko bashaka kwakira ubwo bwiza bw’Imana. Abandi bagendera mu by’amategeko, ubuyobozi no gucengera no Gukiranuka nyamara atariko. Bumva ko bakorera Imana igira uburakari. Abandi bakomeza kuba mu “buntu butari bwo” biyumvisha ko Imana ibabona nk’abataboneye imbere yayo, bityo rero bagakomeza kubeshwaho no kwaizera. Basenga Imana iyo bari mu bihe bikomeye, nyamara nta n’umwe wo muri aba bantu wishimira ko Yesu yigize umuntu, kuba Imana ibana natwe cyane n’ubucxuti bw’Umuremyi, bashobora kwinjira mu bwami bw’Imana iyo bapfuye nyamara bari mu irimbukiro igihe bari ki isi.

Umugezi utemba uzubaka ukwizera kwawe, kandi bizahamagarira Imana kuza kuzuza icyifuzo cyawe no kukwihishurira. Bizaguhesha ibintu bimwe na bimwe ukeneye gukora ku gutekereza ku butumire bwayo naje kumenya Imana bitarenze ukwezi kumwe bituma njya kugirana igihango no kuba umubwirizabutumwa bireme isezerano. “Uwiteka ni inshuti yanjye y’amagara” ni inshuti nizera kuruta umugore wanjye. Iyo numvaga ko nshonje ku bintu biasa bityo , nkomeza kubikurikirana kuva ubwo.

Inyigisho za bibiriya, ibiganiro, ibitabo, inyigisho zo kuba abigishwa byose ni byiza, ariko niba utihatira kugira ngo Imana ibe mu ruhande rwawe ubura ikintu cy’ubuzima bwa gokristo. Iyo uziko Yesu ari mcu cyumba hamwe nawe ukaza, imibabaro n’igabanutse, kwizera kugakanguka n’ubuntu bwayo bukakanguka kuruta buri kintu mu buzima ugomba kurwanirira. Igihe nahishuriwe inzdira yo kwandika ninjira mu kuboneka  kw’Imana byitwa Umugenzi utemba, ubushuti n’igihango byanjye na Yesu byaragutse cyane. Nabihishuriwe igihe nabaga ntashobora kumva kubona kw’Imana kandi mu gihe ibintu byabaga bitameze dneza muri njye. Mpishurirwa ko nshobora gukora urugendo rw’iminota 30 no mu bitekerezo byanjye nkerekera inzira y’umugenzi utemba nkibona hari amahoro no mu busabane n’Imana. Intego ni ukubaka aha hantu nka Lifestyle iki nicyo “Twakoresha inziri” yo gusabana n’Imana kugira ngo gushyira mu bikorwa ibyifuzo wasabiye.





Muby’ukuri abantfu barababaye

Bamwe ntibashobora kubona amafaranga yo kwishyura, abandi babonye ibisubizo bidashimishije biturudtse ku  burwayi bwayo, bamwe na bamwe abana babo babaye inzererezi, abandi nabo bafite imiryango yaratandukanye. Tugomba kumenya duko twagirana ubusabane n’Imana binyuze mu isezerano ry’amaraso kugira ngo turiremeshe muri ubu buzima , hagati ya none n’ibihe dukurwa muri uyu mubiri tujya mu ijuru.

Byongeye kwishimira kuboneka kw’Imana hari icyakorwa cyane ariyo nzira yo mu mugezi utemba. Igitekerezo cyo gukurikira akayira ko kwinjira mu kuboneka kw’Imana nta nzira bisobanura kugabanya isano n’Imana ku byagenderwaho, cyangwa kwemeza ko ugomba kwinjira mu kuboneka kw’Imana mu buryo ngiye gusobandura neza bikomeye. Nizera uko nshfoboye kose ko umugezi utemba wuzuyemo ubushobozi bw’isano buzamura ukundi isano yawe na Yesu cyangwa bikakwemerera kqugira ubusabane kubw’igice cya mbere cyane.

Igihe abana banjye bari bato cyane byantwaye umwanya munini mu gusabana nabo. Uko bagiye bakura batangiye kugira amahitamo menshi ubusabane n’ubushuti twashoboye kwishimira cyane cyane bishingiye ku kunntu bagenda nanganiriza bambwira inkuru zitandukanye. Abana baza kuri njye kubera ubushuti, inama kunyishimira no kuza nanshima kandi bagategereza cyane ubusabane nanjye kuruta baza buke kuri njye kubera uruhushya cyangwa kwishyura amafaranga. Nagiriwe ubuntu  buhorobuhoro n’uko badakora ibitandukanye ugdushaka kwanjye kuri bo. Nubwo ku gihe runaka kuri bo ariko ninjiye cyane mu bushuti nabo iyo bakora ibyo bashaka babohokeye n’iby’isano yabo. Nuko mu gihe runaka bakora ibyo muburyo butandukanye no gushaka kwanjye biransitaza (ibihe byinshi) imbabazi n’ubuntu byanjye ni icyategamijwe bubavamo kinzaho, ariko bagomba gutekereza no guhitamo. Mu biganiro byabereye muri Kaminuza Southeastern  Dogiteri Mariko Rutland yamfashije gusobanura ibi nk’uko biri.

Yavuze ibi bikurikira:

“Nti tugerageza kugira ubushobozi bw’ikirenga, ahubwo ubushobozi bw’ikirenga, Imana ibaho, Yesu ubwe ashobora kubuduhesha.” Ubupfumu, abashitsi, inyuka idasanzwe bigerageza kugirana ubusabane n’ubushobozin bw’ikirenga. Igisubizo no kubaha gukora ibimenyetso by’Imana ni biduha ubusabane nayo mu bushobozi budasanzwe. Na none, ni icyemezo cy’Imana kiduha gdushaka kuyubaha bituma dushobora kuba mu busabane no kuboneka kwayo. Imana irimo gukomanga ku nzugi zanyu ivuga iti “Nyabunedka munyumvire” ubusabane nawe biterwa no kubaha kwawe.





Kubaha ni uburyo bw’ubuzima si ikintu kiba.

Hari urwego rugerwaho rwo kubaha nkw’uramye igihe kirekire kubwo kubaha urakura ukubaka undu ku wundi. Ikiguzi kigenda kizamuka. Twahamagariwe kwikorera umusaraba wacu kandi turawikorera ukagenda urushaho kuremera, ntitwikorera wawundu wakwera ushaje, wawundu mushya usaba ubwitange bwinshi no kubaha kwinshi kuko igihembo kirushaho kugira agaciro.

Tegurwa rero ! Nabonye abantu bakurikiye Yesu rimwe mu mugezi igihe kimwe. Twahawe umugisha mu buryo bwo guhinduka dutakaza kandi dupfa kuri kamere y’isi Imana yabwira sogokuruza wacu Aburahamu  « Kandi nzaha umugisha abakwifuriza umugisha bose, kandi uzakuvuma nzamuvuma, kandi muri wowe nimo imiryango yose mu isi izaherwa umugisha.» (Itangiriro 12 :3).

Uburyo bumwe dushobora guhesha abandi umugisha ni ukwemerera Yesu muri twe akabidukorera. Ni kubw’imiterere ye agakuraho inzira imwe ashobora kubidukoreraho ni kubw’imiterere ye agakuraho kamere ya Adamu ubu busobanuro ngiye gutanga butomoye ni amahirwe yawe kwemera Imana kwemera gukora ukwera kwayo mu kuri no mu gukiranuka mu mibereho yawe. Nuko utangire guheka umusaraba wawe mu mibereho yawe. Wemere Imana yuzuye urukundo igukosere mu buryo bworoheje, urahinduka ukundi use na Yesu, ufate uruhande rw’imiterere  ye. Arakubohora uve mu mbohe ziri muri wowe, arakuzanira kwihana mu buryo butuje ikikubabaza gikurweho, imibereho yawe ntikomeza kuba isanzwe.

Cyakora iyi nzira si iyo kubaho nta mibabaro. Niba uri umunebwe niba utazigereranya ubwawe                             

Nta gukiranuka nta mu muntu uzigera ubona Imana !ndashimira Imana ko gukiranuka no kwera twahawe nk’impano. Ariko iyo ngiye muby’isano ryawe icy’ukuri no guhinduka kw’ubu kw’imiterere yawe mu gukiranuka no kwera, sindimo mvuga kuri bamwe bambara ukwere. Ubu bwoko bw’abiyeguriye Imana bagira ibisharira, naho kwe kw’umu gutanga ibyishimo. Urukundo n’imbuto zose z’umwuka wera, mukabara umuntu mushya wareme  gukiranuka no kwera bizanywe n’ukuri nk’uko Imana yabishatse

(Ephesians 4 :24)

Inzira nyabagendwa 35. Inzira nyabagendwa yo kwera  muri Yesaya igice cya 35.

« Kandi hazabaho inzira nyabagendwa, iyo nzira izitwa inzira yo kwera. Abanduye imitima ntibazayicamo, ahubwo izaba iy’abandi. Abagenzi n’aho baba ari abaswa ntibazayiyoba »

(Yesaya 35 :5), Yeasaya igice cya 33 ku mana z’Abisirayeli biturutse babacye abanyabyaha mu buzima bwabo. Yesaya 34 havuga uko ibazanira uburyo bwo kunesha no muri Yesaya 35 hatwereka igisubizo, aricyo kwera. Inyungu ziboneka uko zikurikirana mu bice 35. Birimo ibyishimo, kurimba, ubutayu n’igihugu cyanduye ginduka amasoko y’amazi nubutayu bumeramo indabyo ziraba, haba umunezero usanga, babona icyubahiro cy’Imana. Herekana neza ko impumyi zihumutse, abanyantesge nke barakira, abafite ubwoba basubizwamo ukwizera, abafite inyota babona amazi yo kunywa, kandi barwanya abanzi b’umwuka. Bigusaba iki gice muri ubu buryo boboneye.

·      Ezekieli 47 :1-12 herekana ishusho y’umugezi utemba. Ishusho Imana yeretse Ezekieli yari iy’urusengero rw’Imana ibirwubatse n’uko bitatse, n’uko umugezi utemba uva murirwo .imana ibwira Ezekieli kandi imwereka ko uyu mugezi wari uruzi rw’ubugingo rutemba ruva ku Mana rumanuka ku Nyanja y’abapfuye rwisuka mu mazi yanduye. Uyu mugezi ugomba gusukura amazi ukanayazanamo ukubaho ibyanditswe mu bice 47 bya Ezekieli havuga iby’uyu mugezi yakwiye hose. Nk’uruzi rushotse munsi y’urusengero, nyuma rugakmeza gucengera kugeza rwisukiye mu Nyanja y’urupfu. Nk’uko byakozwe inyanja igira ubuzima. Mu buryo busanzwe inyanja ihagarariye abantu bapfuyebashobora kubaho bagakorwaho n’Imana bihereye ku kintu cyitwa umugezi wagombaga gutemba uturutse ku kuboneka kwayo. Yohana 7:38 havuga “Unyizera, imigezi y’udbugingo izatemba iva mu nda ye, nk’uko ibyanditswe bivuga.” Uruzi rutemba kugira ngo wezwe, uruzi rutemba kugira ngo rugukize kurimbuka.

·      “Ezekieli andika uti” Imana ibwwira Ezekieli mu gice cya 43:10-11 kwakira iki gishushanyo cy’urusengero n’ingero zarwo kugira ngo abantu bashobre kurureba bihane kandi babe umugisha. Ibyo nibyo iyi nyigisho y’umugezi utemba ijyanye nabyo byose. Urusengero ruri he uyu munsi?  1Abakorinto 6:19-20 havuga ngo, “Mbese mbese imibiri yanyu ari insengero z’umwuka wera uri mwe, uwo mufite wavuye ku Mana? Nti muri abanyu ngo mwigenge kuko waguzwe igiciro, nuko rero mutume imibiri yanyu ihimbaza Imans.” Ntitwahabwa umugisha cyangwa kuba umugisha nta kuri ko Imana ihari. Dukeneye ko Imaana iba muri twe ikatubohora. Ikatweza kugira ngo dushobore gukora umurimo wayo wose naho byaba n’isengesho. Hano hari urugero rwo kumenya kuzura n’Imana kubw’ubuzima bwawe, kubw’Itorero ryawe no kubw’isi. Dukeneye ko Imana iba muri twe ikatubohora kandi ikatweza gukora umurimo wayo wose, naho ryaba isengesho. kunywa, kandi barwanya abanzi b’umwuka. Bigusaba iki gice muri ubu buryo boboneye.