growordiecoverkinyarwandafront

 

Igice cya 3 : Imbohe mu gihugu cy`Isezerano
Isezerano rya kera twarihawe nk’imbuzi gukuraho inmyigisho

Mu Abakorinto 10 :11 haranditse ngo : « Inyo byabereyeho kutubera akabarore, kandi byandikiwe kuduhugura twese abasohoreweho n’imperuka y’ibihe. » Igihugu cy’isezerano mu isezerano rya kera cyari iguhugu cy’i Kanani, nticyari igihugu kiboneye, ahubwo abanzi bo bari bagituye ahantu h’intambara n’umwiryane.

Igihugu Twasezeranijwe si Paradizo,  hano n’ubu turagwa amasezerano y’Imana mu mibereho yacu nk’abakristo. Abanzi bacu barahari igihe cyose kandi ndetse bakomeza kutugira imbohe mu mibereho yacu, ndetse no mu gihugu cy’amasezerano. Ntiwibwire ngo ko turi abakristo ntitwaba imbohe za satani.

Mu isezerano rya kera Abisiraheli bari imbohe za satani mu gihugu cyabo cy’amasezerano. Abakristo nabo bashobora kuba imbohe mu gihugu n’abandi baboshywe na satani ariko ntibabizi.

Iri jambo ntirisanzwe, birashoboka ko rikubereye rishya. Kubera ko satani atashobota gutuma abantu b’Imana basonza, yagerageje kubagumisha mu buretwa mu gihugu cya Egypte. Agerageza kubarimbura mu butayu igihe bari mu rugendo bajya mu gihugu cy’amasezerano, ariko ntiyashoboye kubahagarika mu mugezi wa Yorodai, haba n’i Yeriko. Ariko igihe binjira mu gihugu cy’amasezerano, satani yabashoboye ku mujyi muto witwa Ayi. Kuki yabashoboye ? kubera icyaha cyabo yari umwanzi  uri imbere, ingabo zitaboneka rwose zidafite imbaraga Yosua 7 .

Mu myaka amajana Abisiraheli batakira Uwiteka ngo abakize umubabaro wabo, nyamara barongera baramya ibigirwamana bahinduka imbohe z’ukundi kuntu. Kuki ? « Ndababwira nti : «Ndi Uwiteka Imana yanyu, mwe kubaha imana z’Abamori bene iki gihugu murimo, ariko mwanga kunyumvira (ijambo ryanjye) Abacamanza  6 :10.

Mu Bacamanza ibice 6 Imana yagendereye ibice 6 Imana yagendereye Gidiyoni mu gihe gisa gityo, Abaheburayo bari mu gihugu cyabo cy’amasezerano, ariko buri gihe babibaga imbuto, Abamediya n’Abamaleki bakaza kakarandura n’ibyeze bakabisiribanga bakiba imbuto nk’uko satani yiba imbuto z’ijambo ry’Imana. Rwose aba bana b’Imana bari imbohe ku banzi babo nubwo bari mu gihugu cy’amasezerano.

Isezerano rya kera ryerekana baba imbohe mu gihugu cy’amasezerano.
gdkr10
Uku niko umwanzi akora ngo akubone            

Ashakashaka iyo mirimo y’umubiri wawe ( ya kamere yawe ya kera ) yo utazareka, akakumvisha ko utagomba kubaho ukwiriye ijambo ry’Imana ati : Ushobora kubaho ukoze ibyo ushaka nawe ubwawe, akongera akakubwira ko udakeneye ubwami bw’Imana n’ubwami bwayo bwo kwera imbuto kutababarira ni uburyo bukuru satani agutumira ngo ukorere mu mubereho yawe. Nyuma y’uko agukiranukiye kuri iyo mirimo wisanga  wabeshywe n’umubi. Nturi rero umugabane wa satani, ahubwo satani atuma ukora ibyo udashaka ibi rero bikaba ibihome bigatuma ubura ibyiringiro.

Uri umukristo mu gihugu cy’amasezerano ariko uri imbohe nk’abantu bo mu isezerano rya kera nturi n’uwo kubatizwa ngo ufashe n’abandi, satani yahagaritse amazi, ariko ni wowe wamuhaye uburenganzira.

Ni izihe nzu z’imbohe satani ashobora kudufungiramo ?   

« Ni ukuri ni ukuri ndababwira ko umuntu wese ukora icyaha ari imbata y’ibyaha. » Yohana 8 : 34.

Uburwayi, ibyorezo, ubukene buhoraho, kudakundwa, niba hari igihe utakunzwe, turi mu nzu z’imbohe.

Kwikunda ni ikinyuranvyo cy’urukundo nyakuri. Ibi ni         ugutekereza ko uri ihurizo ry’isi n’ibintu byose bikwiziringiraho.

Kwiyanga – uburyo umuntu yisangamo akennye ukaneshwa. Nti tugomba kumva iby’urwaho turi kuva cyangwa undu muntu uwo ariwe wese  uretse Imana n’ijambo ryayo gusa. Umubiri n’isi bigerageza kutumatanisha n’ibitekerezo b’uburyo butari butari bwo bijyanye n’uburo butaribwo. Nuko tukumva turi hejuru kandi dufite ishema, cyangwa tukumva dukennye n’isoni no kuba inyuma y’abandi uburyo bwo gukira ibi ni ukumenya ko Imana iri mu ruhande rwawe n’aho ujya hose hahawe umugisha kuko ufite Imana muri wowe. Uhesha umugisha buri wese uhuye nawe kuko uri urwabya rw’ibumba rwuzuyemo icyubahiro cy’Imana. Ibyo abandi bagutekerezaho ntibikugira uwo ariwe. Umurimo wawe cyangwa umuhamagaro wawe ntukuranga. Iyo ugiye ku kazi kawe utangaho ikigukwiriye, igihe Yesu yoza ibirenge bw’abigishwa be, byari nko koza imyanda, ariko Imana yarabikoze, koza ibirenge byabaye ikintu cyubahwa.

Abapfakazi n’impfubyi. Yakobo 1 :27 Imana yashyize agati ku bapfakazi ( ubu  busobanuro bukubiyemo n’abagore batandukanye n’abagabo babo) n’imfubyi (ubu busobanuro hakubiyemo n,abana baba batandukanye ).Niikibazo ku muntu nta butware nta kurindwa ,nta kumenywa,n,ababyeyi.Ibyo bivuga ko nta mutekano,nta muvugizi muburyo buvugitse neza.Isezerano rya kera ritegeka abayisirayeri kwita ku mfubyi n,abapfakazi.itorero ryo muri iki gihe ntiribyitaho na busa.

Twese rero dukeneye umutekano,kuba umupfakazi n,imfubyi ni ikibazo cyokubura umutekano.nzi abantu bagize ikibazo gikomeye cyo kuba abapfakazi n,imfubyi.Nk,abizera ,tugomba guhagararira kugira neza kw,Imana imbere y ;abapfakazi n ;imfubyi .umutima wayo ukubarebera,kubaha inkomeze idasanzwe no kubateganyiriza.Niyo bwihisho bwabo ni umutekano wabo.Niba warabaye muri ubu buryo bwo kuba « imbohe »ugomba kumenya uko Imana ivuga muri yakobo 1 :27 « idini ritunganye kandi ritandukanye imbere y,Imana data watwese ni iri :ni ugusura imfubyi n,abapfakazi mumubabaro yobo,nokwirinda kutanduzwa n,ibyisi. »

Ibi ni byo byukuri Imana ishaka, ntuzi ko Imana ibyishimira ikanakwakira neza !

« Imana iri mu buturo bwayo bwera, ni se w’imfubyi ni umucamanza urengera abapfakazi » (Zaburi 68 :5).

Impiya - kugirirwa ikizere mu isi ikaguhesha kubona icyo ushaka cyose ukabirutisha Imana.

Uguhohoterwa – abantu benshi barahohotewe ku bijyanye kubijyano no gukoreshwa imibonbano mpuzabitsina ku ngufu no mu bundi buryo.  

Ukwigira intungane- ni ikintu kiboneka nai cyane mu maso y’Imana ni umwanzi wayo.

Ukubura imbabazi  - ni ugucumura

Ubundi bwanzi – ni icyaha ukorera abo mubana, ubusambanyi, gusharirira abandi, gusakuza cyane, uburakari, kubura ubunyangamugayo n’ukuri, n’ibinsdi bisa bityo.

Gutwarwa n’ibyisi – hari ibintu byinshi umuntu yavuga ariko byose ni uguca ukubiri n’Imana byangwa n’Umwuka Wera.benshi bagwa mu mutego kubera umuvumo w’ikigihe abantu ntibagishoboye guhamya urukundo n’ubugwaneza, abandi bagwa mu mutego wo gukora iby’abasekuruza, uburetwa n’ibitekerezo isano yabo yangirika kubera ibyo tuvuze, kutabona amahoro, kutagira ibyishimo.

Ubupfumu- cyangwa kugenzura abandi  ushobora kubigwamo cyangwa ukabyinjizwamo.

Abacanga 6:34, Nyuma yo gusenga ibigirwamana Gidiyoni yuzujwe Umwuka w’Imana. Agira imbara zo kubaha Imana areka kumvira imiterere ye ya Kamere. Icyabayeho cya mbere ni ukugaba ibitero ku banzi be. Iyo dusenga ibigirwamana by’imyuka mibi, tugomba gutegereza intambara zizava kuri kamere.

Abacamanza 6:36-40 yiga kugirana ubumwe n’Imana ku rwegi rwo hejuru agira icyizere ntiyita ku bihe yarimo (ahari  byatewe n’ibyo bihe yarimo)

Gidiyoni year imbuto z’ubwami bw’Imana. Ahinduka umwe no mubakomeye mu mateka yabohoye ubwoko bw’Imana. Soma abacamanza 7 kugeza igie cya 8:21urebe uko urugamba rwagenze. Imana ihindura umuntu wari waraneshejwe kubera ibihe  byo kuheba aba uwanesheje yandikwa mu mateka kubera impamvu ebyiri:

1)    Umusaraba no 2 kogezwa kwa Gidiyoni n’umusaraba kugeza ubwo yagiye hose yubaha Imana akora ibirenze n’ubushobozi bwe kandi  arinda n’igihugu cyabo

Nyamara Gidiyoni yaguye mu mutego w’ibyaha, imivumo no kuramya ibigirwamana byo mu muryango wabo , Marayika w’Imana azana umusaraba ku gitambo aravuga ati “Mwana w’Umuntu, ntayindi nzira niyishyizeho imivumo n’ibyaha bikwizingiraho kubw;ukuri kw’iri sezerano, nkuyeho icyaha cyawe, imivumo y’umuryango, ibyaha bya ba sogokuruza bawe bakoze bakaramya ibigirwamana. Nzogeza izina ryawe ryari ryaravumwe n’Imana uzitwa “Umunyambarag” ubugidiyoni bisobanura ucagagura”

Imana ihurira na Gidiyoni aho yari ari imana ntiyamubwiye kuguma uko yari ameze Imana yari imwiringiye Gidiyoni yasobanukiwe ko atanesha kubw’imbaraga ze ahubwo kunesha kwe guturuka ku mbuto. Asobanukirwa ko yari imbohe mu gihugu cy’amasezerano asobanukirwa ko agomba kuba inshuti nyanshuti y’Imana, umugezi utemba yiga inama iyo ariyo. Yiga kwicara, kugenda no guhaguruka. Umusaruro wavuye muri ibi birangiye ni imbuto z’ubwami bw’Imana.



Ibabarize kumva ijwi ry’Imana

Kora ibishoboka byose kugirango utunganye ubugingo bwawe bw’umve ijwi ry’Imana. Fata akanya karambuye mu ijambo ry’Imana.

Umve amakaseti ariho ijambo ry’Imana, soma ibitabo byiza, injira mu ijambo ry’Imana. Fata akanya ku guturiza Imana, jya wumva byinshi ariko uvuge make. Iga iby’umugezi utemba n’inzira yo kumva ijwi ry’Imana cyane ubisobanukiwe neza, iyambure ureke ibikwizingiraho buri munsi. Reka ibyo usanzwe ukora.

Emerera imana ivuge n’umutima wawe!
<top>